Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi, usobanukirwe n’ ubwiza bw’umugore ubwari bwo!
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
Marayika w’Uwiteka abambisha amahema yo kugota abamwubaha, Akabakiza. Zaburi 34:8.
Dore ibanga rikubiyemo: Gukira, icyubahiro, kurindwa no ku manywa na nijoro Imana ikabikugenzereza neza, ibanga ntarindi ni: Kubaha Uwiteka kandi mwibuke ko kubaha Imana ari ishingiro ryo kumenya. Mugire amahoro y’Imana.
Umwigisha: Innocent Bizimungu
Wakurikira kandi n’iyi nyigisho: Uwiteka ni we mwungeri wanjye ntacyo nakennye, ntacyo nkennye, ntacyo nzakena By Pastor Desire H.
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
« Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10 Yabesi yari afite igikomere...
Iyo tuvuze ijambo “umugisha” buri wese hari icyo ahita yumva kuko umugisha...
Ibitekerezo (0)