Umuvugizi w’ Itorero rya Pentecote byavugwaga ko yahunze, yagarutse mu Rwanda.
Hashize igihe bivugwa ko umuvugizi w’ itorero rya Pentecote mu Rwanda ADEPR...
Mu rucyerera rw’uyu wa Mbere tariki 22 Gashyantare 2021 ni bwo hamenyekanye inkuru ibabaje y’urupfu rw’umubyeyi wa Apotre Dr Paul Gitwaza uyobora itorero Zion Temple ku isi.
Amakuru y’urupfu rw’uyu mubyeyi yemejwe na Apotre Dr. Gitwaza mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa WhatsApp (kuri status) ahagana isaa Saba z’ijoro ku isaha yo muri Amerika muri Texas. Yasabiye umubyeyi we kuruhukira mu mahoro y’Imana, avuga ko azamukumbura. Yanditse ati "RIP Mama, tuzagukumbura". Ntiharatangazwa icyo uyu mubyeyi yazize.
Apotre Gitwaza mu gahinda ko kubura umubyeyi we
IMANA IMWAKIRE MU BAYO!
Source: InyaRwanda.com
Hashize igihe bivugwa ko umuvugizi w’ itorero rya Pentecote mu Rwanda ADEPR...
Mu giterane cyiswe ‘Rwanda Shima Imana’ cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya...
Uwiringiyimana Theogene benshi bazi ku izina rya Bosebabireba kubera...
Kuri ubu, ngo bamwe mu byamamare mu byiciro binyuranye ku isi baba bari mu...
Ibitekerezo (0)