Ubuhamya : Nyuma yo Gutabwa mu musarani(...)

Kwamamaza

agakiza

Ubuhamya : Nyuma yo Gutabwa mu musarani atwite, akanicirwa umugabo, MUKANSONEYE Adria arahamya Yesu


Yanditswe na: Ubwanditsi     2018-08-28 13:40:52


Ubuhamya : Nyuma yo Gutabwa mu musarani atwite, akanicirwa umugabo, MUKANSONEYE Adria arahamya Yesu

Hari igihe abigisha bavuga ko Imana itanga ubuzima nyuma y’urupfu abantu bavuze ko byarangiye, cyangwa ngo na Nyuma ya Zero Imana irakora, bishoboka ko waba utajyaga ubyizera ariko Imana iriho kandi irakora.

Ubu ni Ubuhamya bwa MUKANSONEYE Adria Umu kristo ushima Imana yamuhaye kubaho nyuma yo Kwicirwa umugabo , nawe agatabwa mu musarani (WC) atwite inda y’amezi umunani, ariko n’ubwo yababajwe bikomeye ariho.

Nyuma yo kumurokora urwo rupfu Imana yanamukijije ubundi burwayi bukomeye ndetse imuha no kubabarira abamwiciye kuko uruhare bagize bashaka kumwica, Imana yo yagize ururenze urwabo, byinshi birimo n’uko yaje gushaka undi mugabo no kurera umwana w’uwamwiciye kanda kuri iyi Video urabwumva.

Yesu abahe umugisha.

Ibitekerezo (0)

Tanga igitekerezo

Amategeko n'amabwiriza arakurikizwa

Haba hari icyemezo ufashe nyuma y'ubu butumwa ?