Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi, usobanukirwe n’ ubwiza bw’umugore ubwari bwo!
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
Nuko rero, twegere intebe y’ubuntu tudatinya, kugira ngo tubabarirwe tubone ubuntu bwo kudutabara mu gihe gikwiriye. Abaheburayo 4:16
Ni gute twaza imbere y’intebe y’ubutware y’Imana ntabwoba, nta pfunwe? Ibyo ni ugusengana umwete. Wowe nanjye ntabwo tugomba kugira ipfunwe no kubura icyo tuvugira imbere y’Imana.
Tugomba gushira amanga tukayegera, tukayibwira ibyo dukeneye. Dushobora kuyibwira ibyo tuyitegerejeho ko idukosora biri mu masezerano y’ijambo ryayo.
Mu Befeso 3:20 hatubwira ko Imana ishobora: “Gukora ibiruta cyane ibyo dushobora(gutinyuka) gusaba ndetse n’ibyo (twibwira byose, dutekereza,twifuza)
Ca akarongo ku ijambo “ Wowe nanjye tugomba gushira amanga, tukagira ubutwari, tukaba abakristo batinyutse". Niwegere intebe y’ubuntu, ujye usengana umwete.
Iyi nyigisho twayikuye mu gitabo kitwa “Help me- I am discouraged!”, cya Joyce Meyer, cyahinduwe mu Kinyarwanda gihabwa inyito “ Tuvuge tutaziguye ku gucika intege”
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
« Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10 Yabesi yari afite igikomere...
Iyo tuvuze ijambo “umugisha” buri wese hari icyo ahita yumva kuko umugisha...
Ibitekerezo (0)