Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi, usobanukirwe n’ ubwiza bw’umugore ubwari bwo!
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
Uwandikiye abaheburayo yagize ati"Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro n’uwo kwezwa, kuko utejejwe atazareba Umwami Imana". Abaheburayo :12:14, Pawulo kandi yandikiye Abaroma ati"Niba bishoboka, mu rwanyu ruhande mubane amahoro n’abantu bose. Abaroma12:18"
Mwenedata nshuti y’umusaraba dusangiye urugendo rujya mu ijuru, Imana iradusaba kugira umwete wo kwezwa (kwihana ibyaha) no kubana n’abantu bose amahoro(abeza na babi), nirwo rufunguzo rwonyine ruzatugeza mu bugingo bwiteka. Iyo Bibiliya idusaba ngo mu rwacu ruhande tubane n’abantu bose amahoro(abeza n’ababi), watekereza ko bigoye ndetse bitanoroshye, aha ndemeranywa nawe. Icyakora icyo bashatse kudusaba, ni ugukora ibishoboka byose ugakuraho ikintu icyo aricyo cyose gishobora kguturukaho mu gukimbirana na mugenzi wawe.
Komeza urwane intambara nziza ineza y’Imana iganze muri wowe, kandi Imana idushoboze kwita ku iherezo ryacu, kuko nyuma y’ubu buzima turimo none hari ubundi buzima tuzabamo. Ariko ijambo banga(password) ni ukwezwa no kubana n’abantu bose amahoro. Nkwifurije kuzagira iherezo ryiza ry’abakiranutsi, Amen!
Wareba kandi n’iyi nyigisho: Kwezwa no guhinduka ku ngeso/Ipfundo ry’ubukristo || Pastor Desire H.
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
« Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10 Yabesi yari afite igikomere...
Iyo tuvuze ijambo “umugisha” buri wese hari icyo ahita yumva kuko umugisha...
Ibitekerezo (0)