Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi, usobanukirwe n’ ubwiza bw’umugore ubwari bwo!
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
Kuko mutahawe kwizera Kristo gusa, ahubwo mwahawe no kubabazwa ku bwe, mufite kwa kurwana mwambonanaga kandi ari na ko mukinyumvana na n’ubu. Abafilipi 1:29
Ganira n’umutima
Kuba warizeye Kristo ukwiye kumenya ko guhura n’imibabaro atari igitangaza kuko ukimwizera wagombaga no kwakira ko uzababazwa ku bwe, kugira ngo uca muri iyo mibabaro, wigishe abantu. Yesu aguhe imbaraga zo gukomera, yiheshe icyubahiro. Nta kosi isiga ubusa ku wayikoze!
Ev. TURABAGENI Halleluia
Wareba n’iyi nyigisho: Ibintu 5 utamenye Yesu aha abamukunda/Abantu benshi ntibakunda Imana,bikundira mu Mana | PST DESIRE
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
« Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10 Yabesi yari afite igikomere...
Iyo tuvuze ijambo “umugisha” buri wese hari icyo ahita yumva kuko umugisha...
Ibitekerezo (0)