Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi, usobanukirwe n’ ubwiza bw’umugore ubwari bwo!
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Muri umunyu w’isi. Mbese umunyu nukayuka uzaryoshywa n’iki? Nta cyo uba ukimaze keretse kujugunywa hanze, abantu bakawukandagira. Muri umucyo w’isi. Umudugudu wubatswe ku mpinga y’umusozi ntubasha kwihisha. Nta bakongeza itabaza ngo baritwikirize intonga, ahubwo barishyira ku gitereko cyaryo rikamurikira abari mu nzu bose. Abe ari ko umucyo wanyu ubonekera imbere y’abantu, kugira ngo babone imirimo yanyu myiza, bahereko bahimbaze So wo mu ijuru. Matayo 5:13-16"
Mwenedata nshuti yanjye, ndakwingingira mu mwami wacu Yesu Kristo, kugira ngo uryohere abo mubana bose(uberere imbuto nziza ). Kandi uhinduke umucyo aho uba, ukorera, wiga, naho ugenda, kugira ngo umucyo wawe umurikire abandi bitume bahimbaza data wa twese uri mwijuru (Imana). Bity bakizwe Imana ibidushoboze twese, kuko ni byo idushakaho twese, Ineza n’amahoro Yesu Kristo atanga bibomeho iminsi yose. Amen!
Wakurikira kandi n’iyi nyigisho: Guhishurirwa Kristo by Pastor Desire Habyarimana
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
« Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10 Yabesi yari afite igikomere...
Iyo tuvuze ijambo “umugisha” buri wese hari icyo ahita yumva kuko umugisha...
Ibitekerezo (0)