Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi, usobanukirwe n’ ubwiza bw’umugore ubwari bwo!
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
Yesu Ashimwe benedata dusangiye gucungurwa muri Kristo Yesu! Amateka ya buri muntu ntacyo ya yahinduraho kuko ntiyayasibanganya nubwo yaba ari mabi gute! (Mu mateka ntibeditinga-Pst Desire niko yavuze). Nubwo bimeze bityo ariko, umuramyi, umuhanzi akaba n’umuririmbyi w’izihimbaza Imana, Ashimwe Dominic agaragaza ko nitudacika intege tuzagera ku cyo Imana yadusezeranyije. Kuko ntibeshya! Dominic ati"
Hari icyo Imana yakuvuzeho mbere yuko ubaho, hari icyo Imana yibwira ku mibereho yawe ni yo mpamvu igusaba guhora imbere yayo, kugira ngo uhishurirwe urutonde rw’ibyiza igufiteye byose. Kwegera Imana niko kwiza kuri njye nawe.
Ndakwifuruza ubuzima bwiza bwuzuye imbaraga zo guhangana n’ibikurwanya, ibigoye inzozi zawe, umuhamagaro wawe, ndetse n’ubuzima bwawe.
Icyo Imana yakuvuzeho kiruta icyo amateka yamaze kukwandikaho! Kiruta ibyo abantu bavuga, kiruta ibyo Satani avuga. Nudacika intege uzagera ku cyo Imana yagusezeranyije. Kuko ntibeshya!
Umusanzu wawe uroroshye, ni ugusangiza abandi ubu butumwa bwiza bw’ihumure."
Dominic Ashimwe niwe wasangije ubu butumwa, by’umwihariko ku bamukurikira kuri Instagram.
Fungura hano urebe indirimbo: Ndacyagukunda-Dominic Ashimwe
[email protected]iza.org
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
« Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10 Yabesi yari afite igikomere...
Iyo tuvuze ijambo “umugisha” buri wese hari icyo ahita yumva kuko umugisha...
Ibitekerezo (0)