Uko wakivura ibicurane udakoresheje imiti yo kwa muganga
Ibicurane, gufungana mu mazuru, kokera mu mihogo, kwitsamura. Ibi iyo...
Abantu bakunda kugira iki kibazo cyangwa se ubu burwayi bukabahitana kuko babyitiranya n’izindi ndwara, iyo rero bititaweho ngo umuntu yivuze ubu burwayi bushobora kuganisha ku rupfu.
Abantu bakunda kugira ibi bibazo ni abantu barwaye indwara zikomeye kuburyo ubudahangarwa bw’umubiri buba ari buke cyangwa nanone abantu bakunda kugira indwara zifata ibihaha, ndetse n’ indwara zifata urwungano rw’inkar. Nk’uko twabivuze haruguru iyo birangaranwe bishobora kuvamo urupfu ariko iyo bikurikiranywe kare biravurwa bigakira.
Ibyo bimenyetso rero ni ibi:
Guhinda umuriro
Iki kimenyetso ni ikimenyetso gikomeye gikwiriye gutuma ukwiriye gutuma uhita ujya kwa muganga bakareba neza ikibazo ufite mumubiri
Kumva ubukonje
Umuntu atangira gutitira nyamara wenda igipimo cy’ubushyuhe kiri hejuru ariko we rwose akajya yumva imbeho yamurembeje.
Kurwara indwara zifata inzira z’ubuhumekero
Ibicurane n’ inkorora
Ibi rero ngo iyo birengeje icyumweru kandi warafashe imiti uko bikwiriye ubu ukwiriye kujya kwa muganga bakareba neza nib anta bindi bibazo biri mu maraso
Ububabare mu ngingo
Amavi ntafashe nkuko bikwiriye mbese kumva ususumira
Umuvuduko w’amaraso: kuzamuka cyane cyangwa kumanuka bikagera kugipimo cyo hasi
Gushaka guhumeka ukumva biragoranye bitandukanye nibyari bisanzwe
Guhinduka kw’ibara ry’uruhu
Kuzana udusununu cyangwa utubara tw’umukara ku mubiri
Guhunyiza buri kanya, nubwo waba wasinziriye ute ugakomeza kugira udutotsi
Kwibagirwa bya buri kanya ukumva ibitekerezo byawe ntibi kumurongo neza
Kwihagarika inshuro nke cyane
Isesemi kuruka ndetse no gucibwamo.
Ibimenyetso by’iyi ndwara bijya gusa n’izindi ndwara ni nayo mpamvu bamwe bayitiranya ariko ikiza nuko iyo imenyekanye kare ivurwa igakira neza.
Claire @agakiza
Ibicurane, gufungana mu mazuru, kokera mu mihogo, kwitsamura. Ibi iyo...
Kuribwa ibere ni ibintu bibaho kandi iteka biba bidateye impungenge uko...
Umunya Australia Mandy Sellars, arwaye indwara y’umubiri
Indwara y’imitsi ni indwara ikunze kugirwa n’abantu batandukanye ariko cyane...
Ibitekerezo (0)