Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi, usobanukirwe n’ ubwiza bw’umugore ubwari bwo!
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
"Mwishime iteka, musenge ubudasiba" 1Abates. 5:17.
Iri jambo rirakomeye. Riduha umukoro wa buri munsi, nawugereranyije n’igikorwa cyo guhumeka ku mubiri.
Icyo guhumeka bimara ku mubiri nicyo gusenga bimariye ku muntu w’imbere. Iyo gusenga bijya kuba ariko kazi uhemberwa buri munsi (wowe) umushahara w’icyumweru, ukwezi, umwaka wari kuba uguhagije?
Utekereza ko wari kuba ukikarimo?Niba gusenga ari nko guhumeka, wari kuba ukirimo akuka? Ndatsinzwe!, Ngiye kwisubiraho. Bitekerezeho nawe kandi wisubireho. Imana ibafashe!
Dr. Fidèle MASENGO,Foursquare Gospel Church
Source: Amasezerano.com
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
« Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10 Yabesi yari afite igikomere...
Iyo tuvuze ijambo “umugisha” buri wese hari icyo ahita yumva kuko umugisha...
Ibitekerezo (0)