Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi, usobanukirwe n’ ubwiza bw’umugore ubwari bwo!
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
"Uwo muntu w’Imana aramubaza ati"Iguye he?" Arahamwereka. Aherako atema igiti agitera mu mazi, intorezo irareremba. Aramubwira ati"Yisingire." Arambura ukuboko arayisingira." 2Abami 6:6;7
Ganira n’umutima
Ni byo koko ufite intambara zikomeye urwana ndetse n’ibigeragezo bitandukanye, ariko menya ko Uwiteka nawe afite umurava wo kukurengera. Ndagusaba ngo umutungire agatoki aho bipfira, aho ibyawe byanyuze bigenda( Mwereke aho ishoka yawe yarengeye).
Arabigaruza imbaraga ze zitangaje, mubwire ibyo wibwira.
Ev. TURABAGENI Halleluia
Burya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo...
“Umuntu niyibwira ko ari ikintu kandi ari nta cyo ari cyo, aba yibeshye....
« Ibintu 4 Yabesi yasabye Imana» 1 Ngoma 4:10 Yabesi yari afite igikomere...
Iyo tuvuze ijambo “umugisha” buri wese hari icyo ahita yumva kuko umugisha...
Ibitekerezo (0)