Kwamamaza
Amamaza hano ibikorwa byawe birusheho kwaguka. Twandikire:...
Telephone:
+250-788422984
+250-728422984
+250-788440690
Email:
[email protected] e-mail address is being protected from spambots. You need JavaScript enabled to view it
Umurenge : Gatenga
Akarere : Kicukiro
Umujyi wa : Kigali
Igihugu : Rwanda
C/O ADEPR (Association des Eglise Pentecôte au Rwanda)
Eglise Kicukiro.
Amamaza hano ibikorwa byawe birusheho kwaguka. Twandikire:...
Turi bande ? www.agakiza.org ni urubuga rwashizwe muri 2011...
Telephone: +250-788422984 +250-728422984 +250-788440690 Email:...
Mwene data Yesu ashimwe! Amahoro y’ Imana abane nawe! Ikaze kuri uru rubuga...
Ibitekerezo (8)
MARCEL MUGENZI
3-04-2014 04:51
BENE DATA DUSANGIYE GUCUNGURWA N’AMARASO Y’UMWAMI WACU YESU CHRIST NDABASHIMIYE UBURWO MUKOMEJE KUGABURA IJAMBO RY’IMANA.1 NAGIRANGO MUZAMFASHE GUSHAKA AMAKURU KUBYEREKERANYE NUKUNTU INTUMWA ZAGIYE ZIPFA KANDI MUKAMPA NA REFERENCE YABYO KUGIRANGO MBASHE GUSOBANUKIRWA NEZA MBONE GUSUBIZA ABABINSABYE.
2.ESE UBUHAMYA ABANTU BABAHA MUBUGENZURA NEZA KO ARIBYO KO SATAN ASIGAYE ATERA NABO MUNZU Y’IMANA BAKABESHA?
3.ESE UWABA AFITE IKIBAZO CY’UBUKENE MWAMUFASHA KO IVUGABUTUMWA RIFITE IBIKORWA IMANA IRUSHAHO KU RYISHIMIRA?
gashirabake
2-04-2014 12:42
Nitwa Gashirabake Claude; ndumunyeshuri muri kaminuza; ndabashimiye ko mukora intego Imana idushakaho yo kubwira abantu kristo. Ariko mwirinde cyane kandi musabe Imana ibahe imbaraga nyishi cyane kurusha uko umuntu yarinda amagi atwaye mumodoka kandi arikunyura ahantu hari imikuku myinshi na mabuye menshi cyane.kuko satani arabashaka cyane .
obed
16-10-2013 04:40
mugire amahoro atangwa na kristu umwami wacu. nitwa obed ntakirutimana ndi umunyeshuri muri kaminuza nkuru y’ urwanda i butare ndi umu kristo . ndabashimira cyane kuri ururubuga dusura tukarushaho kumenya byinshi k’ urugendo rugana mu ijuru.. ariko mfite ikibazo kindaje ishinga ndabona urubyiruko rwinshi rukataje imbere mu gu koresha internet kdi abenshi bikonona ubugingo bugapfa NONE NDAGIRA MBASABE UBUFASHA BWIMBITSE KUCYO BIBLE IVUGA KU’ IJAMBO RY’ IMANA cg se ubuzima bw’ umukristo na thechnology kuko ndumva mbifitiye ifuhe rinini ni munshyigikire ukuri kumenywe na bose kuko usanga hari amadini amwe n’ amwe abuza abantu gukoresha ik,orana buhanga bigatuma badatera imbere mu buzima busanwe!!!!!! na none amadini abibakanguriye bigatuma bononekara mu bugingo
Nsanzimana
8-01-2013 23:55
Benedata bakurwa ndaba shuhuje mwizina ryumwami wacu Yezu. Ndumwe mubakunda gusoma ururubuga kandiruranezeza cyanepe nkabanifujekubasaba ubufasha mubyukuri ndumugabo nagiyempuranibigeragezo ngasenga nanubundasenga nkabanifuje komwanterinkunga yamasejyesho nkurikije iryiza imana yakoreye nahoyankuye nibitangaza yankoreye sinabona icyonayiha iyo manayacu uretse kuyibera umushumba benedata nimunsejyere kandi munyohereze ubutumwa byumwihariko nkaba nasaba abakozibimana kunyerekinzira nacamo kugirango nzabe umugaragumwiza ndabashimiye mubane namaho royuwiteka ibihebyose mushobora kunyohereza ubutumwa. [email protected]
Rwanyange Gilbert
8-01-2013 23:39
yesu ashimwe , ni gilbert wo muri amaziah worship team Nyanza(mater dei) naranere kumva urubuga rw’abakozi bimana rushyirwa kumugaragaro yewe ndashima cyane mwe mwateguye u ru rubuga Imana nyiringabo abahe umugisha udashira
[email protected]
31-12-2012 09:27
Yesu ashimwe bene Data! Imana y’amahero ibahe umugisha mwinshi k’ubw’uyumurimo utoroshye mwakoze rwose.
Ndabifuriza ko Imana yabakomereza amaboko kandi ikabagwiza ho imigisha yayo ikabasukaho umwuka wayo wera kugirango ababashishe gukora byinshi by’ubutwari.
Ndifuza ko mwambwira ukuntu naganiriza abakunzi ba www.agakiza.org
ijambo ry’Imana kugakiza n’imigisha iterwa no kukakira( umumaro w’agakiza kubakijijwe).
Murakoze mugire umwaka mwiza wuzuye mo amahoro n’imigisha Imana yacu itanga no gufashwa n’umwuka wera.