Umuvugizi w’ Itorero rya Pentecote byavugwaga ko yahunze, yagarutse mu Rwanda.
Hashize igihe bivugwa ko umuvugizi w’ itorero rya Pentecote mu Rwanda ADEPR...
Umubare munini wabongereza bizera imbaraga z’amasengesho mugihe cyo kwita ku buzima bwabo bwo mumutwe. Ubushakashatsi bwakozwe na Savanta ComRes bwerekanye ko 38% by’abantu bakuru bo mu Bwongereza bemezaga ko amasengesho ari meza ku buzima bwabo bwo mu mutwe.
Ubushakashatsi bwakorewe ku bakuze 2.075 bo mu Bwongereza bugaragaza ko hafi kimwe cya kabiri (45%) bahangayikishijwe n’ejo hazaza habo. Abarenga kimwe cya kabiri (53%) bavuzwe ko bahangayikishijwe n’ubuzima bwabo bwo mu mutwe bw’igihe kizaza.
Mu bindi byagaragaye, abarenga bane ku icumi (43%) bavuze ko amasengesho ashobora gutuma bumva bafite ibyiringiro, n’ubwo kimwe cya kane (26%) bavuga ko uyu munsi bumva bafite ibyiringiro kurusha uko babigize mu myaka 10 ishize.
Uwashinze Eternal Wall of Answered Prayer, Richard Gamble yagize ati: "Nubwo bishimishije kumenya ko hafi 40% by’igihugu bemeza ko amasengesho ari meza ku buzima bwo mu mutwe, dukeneye kubona ko amasengesho ari ikindi gikoresho gusa mu bikoresho byita ku mibereho myiza, n’ubusane n’Imana. Amasengesho ashobora kuzana ibyiringiro, kandi ibyiringiro ni bimwe mu bitanga imbaraga zikomeye ku isi."
Source: ChristianToday.com
Hashize igihe bivugwa ko umuvugizi w’ itorero rya Pentecote mu Rwanda ADEPR...
Mu giterane cyiswe ‘Rwanda Shima Imana’ cyabaye kuri iki Cyumweru tariki ya...
Uwiringiyimana Theogene benshi bazi ku izina rya Bosebabireba kubera...
Kuri ubu, ngo bamwe mu byamamare mu byiciro binyuranye ku isi baba bari mu...
Ibitekerezo (0)