<?xml 
version="1.0" encoding="utf-8"?>
<rss version="2.0" 
	xmlns:dc="http://purl.org/dc/elements/1.1/"
	xmlns:content="http://purl.org/rss/1.0/modules/content/"
>

<channel xml:lang="en">
	<title>Agakiza</title>
	<link>http://www.agakiza.org/</link>
	<description>Mwene data Yesu ashimwe! Amahoro y' Imana abane nawe! Ikaze kuri uru rubuga rw' ivugabutumwa. Nkwifurije ko uru rubuga warubonaho ibyagufasha mu bibazo ufite, kandi ukahakura ubwenge bwo kubaha Imana, ugahishurirwa umurimo wa Kristo ku musaraba n'umugambi w'Imana ku buzima bwawe. Turagushimira inkunga yawe mu kuduha inama, mu kudusengera, no mu gutanga ubutunzi bwawe kugira ngo ubutumwa bwiza bugere ku bantu benshi.T ukwifurije umugisha, amahoro, n' ubuntu bw' Imana bibane nawe,</description>
	<language>en</language>
	<generator>SPIP - www.spip.net</generator>

	<image>
		<title>Agakiza</title>
		<url>http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L144xH161/siteon0-1e5ec.jpg</url>
		<link>http://www.agakiza.org/</link>
		<height>161</height>
		<width>144</width>
	</image>



<item xml:lang="en">
		<title>KUKI IYO UMUNTU AKURA UBUZIMA BURUSHAHO KUMUGORA? </title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2251</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2251</guid>
		<dc:date>2013-05-23T18:38:55Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>topNews</dc:subject>
		<dc:subject>articles</dc:subject>

		<description>Narerewe mu muryango wa Gikristo. Ndashimira ababyeyi banjye bamfashije kumenya Kristo. Njya mbona yuko bitoroshye kumwizera. Amafaranga asa n'aho ari yo muzi w'ibibazo byanjye. Ubu mfite abahungu batatu, abo ngerageza gufasha kumenya Kristo. Nize gutanga kimwe mu icumi no gusenga, nshimira Imana ibyo mfite aho kuyishimira ibyo nshaka. Tammy Starnes.

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot2" rel="tag"&gt;topNews&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2251-25f10.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;Narerewe mu muryango wa Gikristo. Ndashimira ababyeyi banjye bamfashije kumenya Kristo. Njya mbona yuko bitoroshye kumwizera. Amafaranga asa n'aho ari yo muzi w'ibibazo byanjye.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ubu mfite abahungu batatu, abo ngerageza gufasha kumenya Kristo. Nize gutanga kimwe mu icumi no gusenga, nshimira Imana ibyo mfite aho kuyishimira ibyo nshaka.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&lt;i&gt;Tammy Starnes. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Kwizera ni iki? </title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2250</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2250</guid>
		<dc:date>2013-05-23T16:55:18Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Ubwanditsi</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>&#8220;Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby'ukuri&#8221; Abaheburayo 11:1. Maze iminsi niga ku ijambo ryitwa &#8220;kwizera&#8221;. Kwizera ni imwe mu ntwaro zikomeye Umukristo agomba kwitwaza. Iyo Satani aduteye ashaka kudutesha ibyiringiro, rugomba kumuneshesha kwizera. Ni cyo gituma Abakristo bamwe babivamo (kuko batizeye), abandi bagahagarara kigabo (kuko bizeye). Pawulo yandikira Abefeso, yagaragaje ko kwizera ari ko kugomba kugerekwa (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2250-a0f61.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;&#8220;Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby'ukuri&#8221; Abaheburayo 11:1. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Maze iminsi niga ku ijambo ryitwa &#8220;kwizera&#8221;. Kwizera ni imwe mu ntwaro zikomeye Umukristo agomba kwitwaza. Iyo Satani aduteye ashaka kudutesha ibyiringiro, rugomba kumuneshesha kwizera. Ni cyo gituma Abakristo bamwe babivamo (kuko batizeye), abandi bagahagarara kigabo (kuko bizeye).&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Pawulo yandikira Abefeso, yagaragaje ko kwizera ari ko kugomba kugerekwa ku zindi ntwaro zose. Kuki? Kuko ari ko kudukingira imyambi ya Satani. &#8220;Kandi ikigeretse kuri byose mutware kwizera nk'ingabo, ari ko muzashobora kuzimisha imyambi yaw a mubi yose yaka umuriro&#8221; Abefeso 10:16. Satani aramutse akurashe akakwica, ibyo wiringiye byose byahinduka ubusa kuko wapfa utabibonye.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Kwizera ntibivuga ko uri mu bihe byiza, kuko Umukristo wese w'ukuri agomba guhora ahagaze kigabo. Ikigaragara ahubwo ni uko iyo umugenzi ageragejwe akomezwa no kwizera. Akenshi ibisubizo ntibidukomeza, ahubwo biratugusha cyangwa bikadutera kudamarara. Ni cyo gituma Imana ibanza kudutegura bihagije mbere yo kudusubiza, kugira ngo tutagwa ikaduhomba natwe tukabura ubugingo.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Hari abantu usanga bafite amasezerano menshi kandi meza, nyamara ntibibabuze gusenga batuka Imana bayiziza ko yatinze kubasubiza. Hari n'igihe Imana iguha isezerano ryuje urukundo, ukumva iri hafi yawe ukibwira ko itazatinda kugusubiza. Imana iracyagutegura. Niba wumva ko yakubeshye cyangwa ukaba ushaka gutebutsa isaha yayo, sigaho. Ku bwo kwizera, igihe kizagera ubone ibyo Imana yagusezeranije kandi uzagubwa neza ushime Imana.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Icyo Umukristo asabwa mu gihe atewe na Satani ashaka kumutesha ibyiringiro, ni ukumukinga ingabo yo kwizera. Mutware kwizera nk'ingabo&#8230;.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Bibiliya itubwira ko umuntu utizera nta cyo abasha guhabwa n'Umwami Imana. &#8220;Ariko rero asabe yizeye ari nta cyo ashidikanya, kuko ushidikanya ameze nk'umuraba wo mu nyanja, ujyanwa n'umuyaga ushushubikanywa. Umeze atyo ye kwibwira ko azagira icyo ahabwa n'Umwami Imana, kuko umuntu w'imitima ibiri anamuka mu nzira ze zose&#8221; Yakobo 1:6-8. Urumva ibyo wasezeranijwe n'Umwami Imana uzabibona? Biragusaba kwizera.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&lt;strong&gt;Isengesho: &lt;/strong&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&lt;i&gt;Mwami Imana, maze kubona ko kwizera ari ingenzi ngo mpabwe ibyasezeranijwe, ndagusaba kwizera. Umbabarire aho nashidikanije hose, n'aho nivovose mvuga ko watinze kunsubiza. Nsenze mu izina rya Yesu. Amen. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Simeon Ngezahayo&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Yesu Kristo arabohora - Darien Donelson</title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2249</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2249</guid>
		<dc:date>2013-05-23T15:10:05Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>topNews</dc:subject>
		<dc:subject>articles</dc:subject>

		<description>Nakunze kunywa ikiyobyabwenge cyitwa cannabis, ntekereza ko kiruhura mu mutwe. Ibyo nakoraga byose, sinari kubasha kureka kunywa marijuana (ikiyobyabwenge). Igihe cyarageze nisanga ntakibashije kureka icyo kiyobyabwenge. Ntekereza ko ubusore bwanjye bwose nabupfushije ubusa nkora ibyo bitagira umumaro. Numvaga nshaka gukora uko nshaka, no kubaho nigenga ngo nikomereze ubuzima nari naramenyereye. Amafaranga yanjye yose nayamariraga muri ibyo biyobyabwenge, kandi nta munsi w'ubusa ntabaga (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot2" rel="tag"&gt;topNews&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH94/arton2249-5dd37.jpg&quot; width='150' height='94' style='height:94px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Nakunze kunywa ikiyobyabwenge cyitwa cannabis, ntekereza ko kiruhura mu mutwe. Ibyo nakoraga byose, sinari kubasha kureka kunywa marijuana (ikiyobyabwenge). Igihe cyarageze nisanga ntakibashije kureka icyo kiyobyabwenge. Ntekereza ko ubusore bwanjye bwose nabupfushije ubusa nkora ibyo bitagira umumaro. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Numvaga nshaka gukora uko nshaka, no kubaho nigenga ngo nikomereze ubuzima nari naramenyereye. Amafaranga yanjye yose nayamariraga muri ibyo biyobyabwenge, kandi nta munsi w'ubusa ntabaga basinze ibiyobyabwenge. Ubuzima bwanjye bwaragiye buracupira.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Naje kumenya ko nkabije kwiroha mu ngeso za kamere, nshaka kuzitera umugongo. Umunsi umwe narapfukamye ndihana, mbwira Yesu nti &#8220;Ndakwinginze mbabarira, narakubabaje bihagije!&#8221; Narongeye mwegurira ubuzima bwanjye, noneho ndamwiha wese 100%. Ku bw'ubuntu bwe n'imbabazi, ubu sinkisinda ahubwo mbayeho kuruta ikindi gihe cyose!!!&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Solution Centre Church yategute igiterane cy'ubuhanuzi</title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2248</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2248</guid>
		<dc:date>2013-05-23T12:01:21Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Kanyamibwa Patrick</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>Kuva kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26/05 kugeza ku cyumweru tariki ya 02/06/2013, itorero Solution Centre Church ryateguye igiterane cy'ubuhanuzi, iki giterane ngarukamwaka cyikaba kigiye kuba ku nshuro ya gatatu, cyikazabera kuri urwo rusengero buri munsi guhera saa cyenda z'umugoroba. Nkuko twabitangarijwe na Bishop Rev. Bagira Valens ngo intego yiki giterane uyu mwaka ni &#8220;Nyamara dufite ijambo ry'ubuhanuzi kuri mwe&#8221;, abakozi b'Imana barimo Apostles Masasau, Ev. Sugira Steve, ba Bishop (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique38" rel="directory"&gt;ibiterane&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH102/arton2248-b2f79.jpg&quot; width='150' height='102' style='height:102px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;Kuva kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26/05 kugeza ku cyumweru tariki ya 02/06/2013, itorero Solution Centre Church ryateguye igiterane cy'ubuhanuzi, iki giterane ngarukamwaka cyikaba kigiye kuba ku nshuro ya gatatu, cyikazabera kuri urwo rusengero buri munsi guhera saa cyenda z'umugoroba.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Nkuko twabitangarijwe na Bishop Rev. Bagira Valens ngo intego yiki giterane uyu mwaka ni &#8220;Nyamara dufite ijambo ry'ubuhanuzi kuri mwe&#8221;, abakozi b'Imana barimo Apostles Masasau, Ev. Sugira Steve, ba Bishop Murisa na Joseph ndetse n'abahanzi Nelson Mucyo, Goreth na Theo Bosebabireba n'abandi ni bamwe muzagaragara muri kino giterane.
&lt;span class='spip_document_871 spip_documents spip_documents_center'&gt;
&lt;img src='http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L448xH304/SOLUTION_POSTAS-238fd.jpg' width='448' height='304' alt=&quot;&quot; style='height:304px;width:448px;' /&gt;&lt;/span&gt;
Muriki giterane Rev. Bgira akaba yakomeje atubwirako hazabaho ubuhanuzi ku rwego rw'igihugu ndetse no ku miryango, aho buri muntu uzakitabira azumva ijwi ry'Imana kandi agahabwa umugisha. Itorero Solution Centre Church rikaba ribarizwa ku Gisozi inyuma y'Urwibutso.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Abakristo bo muri Tanzania bugarijwe n'ibitero by'intagondwa z'Abisilamu </title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2247</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2247</guid>
		<dc:date>2013-05-23T11:15:43Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>Ibitero byibasiye Abakristo muri Tanzania byakomeje gufata indi ntera mu mwaka ushize. Byinshi muri ibi bitero byibasiye ikirwa cya Zanzibar gituwe na 90% by'Abisilamu. Abakristo batuye kuri icyo kirwa babonye ko bugarijwe n'ibitero mu mpande zose haba mu muhanda, mu ngo no mu nkiko. Ibitero byariyongereye ku buryo bukabije, kugeza n'ubwo abayobozi b'itorero bagiye bicirwa imbere y'amatorero yabo barashwe n'abantu batazwi bivugwa ko bakorana n'intagondwa z'Abisilamu zikorera muri ako gace. Taliki (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2247-66cbd.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Ibitero byibasiye Abakristo muri Tanzania byakomeje gufata indi ntera mu mwaka ushize. Byinshi muri ibi bitero byibasiye ikirwa cya Zanzibar gituwe na 90% by'Abisilamu. Abakristo batuye kuri icyo kirwa babonye ko bugarijwe n'ibitero mu mpande zose haba mu muhanda, mu ngo no mu nkiko. Ibitero byariyongereye ku buryo bukabije, kugeza n'ubwo abayobozi b'itorero bagiye bicirwa imbere y'amatorero yabo barashwe n'abantu batazwi bivugwa ko bakorana n'intagondwa z'Abisilamu zikorera muri ako gace. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Taliki 5 Gicurasi uyu mwaka, igisasu cyatewe mu kiliziya ya St Joseph iri mu mujyi wa Arusha cyahitanye umugore w'imyaka 45 y'amavuko, gihitana n'umuhungu w'imyaka 16 ndetse n'umukobwa w'imyaka 12. Mu batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare muri ubu bwicanyi harimo Abanyatanzaniya 2 n'abanyamahanga 4. Amakuru avuga ko umwe yari uwo muri Arabia Saudite, abandi 3 bakaba bakomoka muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu ariko kugeza ubu umwe muri bo ukomoka mu gihugu cya Tanzania akaba ari we ukiri mu buroko.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;N'ubwo ibitero by'intagondwa z'Abisilamu byibasiye igihugu cya Tanzania, ikirwa cya Zanzibar na cyo ngo nticyorohewe n'intagondwa zo mu mutwe wa Uamsho. Uamsho ni umutwe w'Abisilamu ubahamagarira kwishyira hamwe no gukwirakwira kirya no hino (Association for Islamic Mobilization and Propagation). Uyu mutwe wakomeje kugaba ibitero by'iterabwoba ku Bakristo batuye ku kirwa cya Zanzibar guhera m'Ukwakira 2012.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Mu ijoro ryo ku wa 20 Mata, intagondwa z'Abisilamu zo mu mujyi wa Kianga (ku bilometero 16 uvuye mu mujyi wa Zanzibar) zasenye igipande kinini cy'urusengero rw'Itorero Ikidendezi cy'i Silowamu nk'uko bikeshwa umuyobozi w'iri torero. Abantu batatu bakekwaho ubu bugizi bwa nabi batawe muri yombi, nyuma y'iminsi itatu gusa bararekurwa. Amakuru dukesha Morning Star News avuga ko mu kiganiro bagiranye na Pasiteri Israel Baraka Elijah uyoboye iri torero yabashubije muri aya magambo ati &#8220;Twagerageje gukurikirana iki kibazo, tubona ko hari amakuru ajyanye n'isenywa ry'uru rusengero ataboneka.&#8221;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Pasiteri yongeyeho ko ibyangiritse bifite agaciro k'amadorali 2,500 y'Abanyamerika. Tubibutse ko izi ntagondwa zari zagabye ibitero kuri uru rusengero ku wa 19 Gashyantare uyu mwaka, zigatwika igice cyarwo kitari gito, mu gihe mu Gushyingo 2011 zarugabyeho ibitero zikarukubitaho inyundo nini.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Abisilamu batwitse insengero nyinshi mu bice bitandukanye bya Tanzania mu kwezi kwa cumi k'umwaka ushize, nyuma y'aho havukiye impaka hagati y'abana babiri baburanaga kuri Koran maze umwe muri bo w'Umukristo akayica. Ibi byabaye m'Ukwakira 2012, mu ntara ya Kigoma no mu mujyi wa Dar es Salaam.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Izi ntagondwa ntizibasiye inyubako gusa. Ku wa 17 Gashyantare zarashe Rev. Evaristus Mushi, umusaza w'imyaka 56 wari ukuriye idini gatolika mu gace ka Mtoni hirya gato y'umurwa mukuru wa Zanzibar. Urupfu rwa Mushi rwaje nyuma gato y'iyicwa rya Rev. Ambrose Mkenda warashwe kuri Noheli ishize agakomereka bikabije. Izi ntagondwa zo mu mutwe wa Uamsho zasize impapuro zitera ubwoba abapadiri n'abashumba b'amatorero, arimo idini Gatolika, Anglican, Assembl&#233;es de Dieu na Pantekote.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Izi ntagondwa z'Abisilamu zirarwanira kwiharira ikirwa cya Zanzibar. Umutwe wazo washinzwe nyuma y'ivuka ry'ishyaka rirwanya ubutegetsi bwa Leta &#8220;The Civic United Front&#8221; zikora guverinoma iyobowe n'ishyaka ryiswe &#8220;Chama Cha Mapinduzi&#8221; mu w'2010.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ibitero byibasiye Abakristo muri Tanzania ni byinshi, ku buryo benshi bicwa kandi ku buryo butunguranye. Bamwe ndetse bicirwa mu nsengero barimo gusenga, bakumva ibisasu biraturitse bikoreka imbaga.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Umumaro wo kumenya uwo uri we</title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2246</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2246</guid>
		<dc:date>2013-05-23T08:39:37Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>Kugira indangamuntu ni ingenzi. Indangamuntu igaragaza amazina yawe, n'umwirondoro wawe&#8230; Ni ngombwa rero kumenya uwo uri we, kuko inkomoko yawe ari yo iguhesha umurage. Mu buzima bwacu bwa Gikristo na ho ni uko. Tugomba kumenya abo turi bo muri Kristo, tukanamenya inkomoko y'umwana w'Imana n'umurage we wose kugira ngo tubeho nk'uko Imana idufata. Ijambo ry'Imana rivuga ko turi abana b'Imana. mu by'ukuri, Yesu Kristo yatubereye incungu kugira ngo tube abaraganwa na we ubwami bw'Imana. Uri umwana (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2246-9483f.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Kugira indangamuntu ni ingenzi. Indangamuntu igaragaza amazina yawe, n'umwirondoro wawe&#8230; Ni ngombwa rero kumenya uwo uri we, kuko inkomoko yawe ari yo iguhesha umurage. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Mu buzima bwacu bwa Gikristo na ho ni uko. Tugomba kumenya abo turi bo muri Kristo, tukanamenya inkomoko y'umwana w'Imana n'umurage we wose kugira ngo tubeho nk'uko Imana idufata.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ijambo ry'Imana rivuga ko turi abana b'Imana. mu by'ukuri, Yesu Kristo yatubereye incungu kugira ngo tube abaraganwa na we ubwami bw'Imana.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Uri umwana w'Imana rero, uko ni ko uri.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Nyamara ikibazo ni ukumenya niba mu buzima bwawe bwa buri munsi wizera ko uzinjira mu bwami bw'Imana? Mbese wamaze kwambara uwo mubiri w'umwana w'Ubwami? Mbese uri ambasaderi w'ijuru ku isi kugira ngo ube uhagarariye ubwami bw'ijuru hano mu isi?&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Iyo ambasaderi ageze mu gihugu cy'amaganga, ahagararira igihugu cye kandi ibyo bigomba kugaragazwa n'ibyo akora n'uko yitwara.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Uhagararira ute ijuru mu isi iminsi yose yo kubaho kwawe?&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Mbese ufite ingamba zo kurengera indangagaciro z'ubwami bw'Imana mu isi aho uri?&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Mbese ujya wibuka gucana umucyo w'Imana aho utuye?&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Mbese abandi bakuzi nka ambasaderi w'ijuru mu isi?&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ndakurarikira kwambara imyambaro y'ubwami, no kumurika umucyo w'Imana aho yagushyize kugira ngo umwijima utugose uhunge.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Koresha ububasha uhabwa n'ubwami kugira ngo ubwiza bugote aho uri hose.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Menya gukoresha umurage wawe nk'umwana w'Imana, kugira ngo ubeho mu buryo budasanzwe ureme ibitariho ku bwo kwizera no kwiringira So wo mu ijuru.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ufite ubutunzi bwose, kuko ifeza n'izahabu ari iby'Imana. Ku bwo kwizera rero uri umutunzi. Yesu Kristo umuvandimwe wawe yarakuneshereje, kuko ku musaraba yavuze ati &#8220;Birarangiye!&#8221; Aragusaba kwizera byose uheshwa n'uwo uri we nk'umwana w'Imana, ukaba umwami, umwamikazi, igikomangoma cyangwa igikomangomakazi.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&lt;strong&gt;Ndakurarikira kwita ku migisha yose iva mu ijuru, no kwamamaza amasezerano yose Imana yaguhaye nk'umwana w'ijuru. Wikwemera ko Satani akuriganya, ahubwo tangira wizere icyo Imana ivuga ko uri cyo. Uri umwana ukundwa n'Imana, uwo ni wo murage wawe, ni na we uri we muri Kristo. Fata umwanzuro rero wo kubaho nk'uhagarariye ubwami bw'Imana. Ubura amaso, ubeho nka ambasaderi w'ijuru mu isi kugira ngo uzane icyubahiro cy'Imana aho uzaba uri hose. &lt;/strong&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&lt;i&gt;Dominique Dumond&lt;/i&gt;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Ijambo ry' Umunsi</title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2245</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2245</guid>
		<dc:date>2013-05-22T20:17:01Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Ubwanditsi</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>

		<description>Untunganyiriza ameza mu maso y' abanzi banjye, unsize amavuta mu mutwe, igikombe cyanjye kirasesekara. Zaburi 23:5

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique20" rel="directory"&gt;ijambo ry' umunsi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;Untunganyiriza ameza mu maso y' abanzi banjye, unsize amavuta mu mutwe, igikombe cyanjye kirasesekara. Zaburi 23:5&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Sinzananirwa ntarahabwa izo ngororano!</title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2244</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2244</guid>
		<dc:date>2013-05-22T19:57:24Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Alice Rugerindinda</dc:creator>


		<dc:subject>topNews</dc:subject>
		<dc:subject>inyandikoZirambuye</dc:subject>
		<dc:subject>articles</dc:subject>

		<description>Ndaharanira kugera aho dutanguranwa ngo negukane igihembo Imana imfitiye mu ijuru! &#8220; Si uko maze guhabwa cyangwa ngo mbe maze gutunganwa rwose, ahubwo ndakurikira kugirango ahari mfate icyo Kristo yamfatiye. Bene Data sinibwira yuko maze kugifata, ariko kimwe cyo, nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere., ndamaranira kugera aho dutanguranwa, ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kw'Imana muri Kristo yesu kwavuye mu ijuru&#8221; Abafilipi 3: 12-14 Iyo nsomye aya magambo Pawulo yanditse, (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique48" rel="directory"&gt;Zisanzwe&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot2" rel="tag"&gt;topNews&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot5" rel="tag"&gt;inyandikoZirambuye&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH71/arton2244-f5878.jpg&quot; width='150' height='71' style='height:71px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Ndaharanira kugera aho dutanguranwa ngo negukane igihembo Imana imfitiye mu ijuru!&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&#8220; Si uko maze guhabwa cyangwa ngo mbe maze gutunganwa rwose, ahubwo ndakurikira kugirango ahari mfate icyo Kristo yamfatiye. Bene Data sinibwira yuko maze kugifata, ariko kimwe cyo, nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere., ndamaranira kugera aho dutanguranwa, ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kw'Imana muri Kristo yesu kwavuye mu ijuru&#8221; Abafilipi 3: 12-14&lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Iyo nsomye aya magambo Pawulo yanditse, numvamo isiganwa rikomeye, ry'umuntu wakataje, urimo kwiruka atareba inyuma, wamaze gusezera , kandi wiruka afite intego! Imana ishimwe.
Ngo intego ye, ni ukugirango afate icyo Kristo amufatiye, ngo araharanira kugera aho dutanguranwa ngo yegukane igihembo Imana imufitiye mu ijuru ! Imana ishimwe.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ntarahabwa ingororano kuko akiri mu irushanwa ahubwo ngo arahatana kugirango arebeko yazazihabwa
Kugirango bimworohere cyangwa se bishoboke, ngo yibagirwa ibiri inyuma, bimwe yahozemo ataratangira isiganwa, ahubwo ngo akihatira gusingira ibiri imbere.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Nk'uko tubizi, umuntu uri mu isiganwa aritoza, amarushanwa yose agira amategeko ayagenga, bambara imyenda yabugenewe, urushanwa yirinda ibimurangaza kandi akagenda yerekeje aho bamutegereje, kandi byanze bikunze, haba hari ibihembo/igihembo ku muntu uzahagera yujuje ibyasabwagwa kugirango umuntu ahembwe.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Umunsi umuntu yakiriye Yesu nk'Umwami n'Umukiza we, atangira isiganwa yerekeje mu gihugu cy'amasezerano, aricyo cyo mu ijuru, kandi hari ingororano kubazagira amahirwe yo kugerayo. Muri iryo siganwa bisaba umuntu kuba yariyemeje, kuko iyo atangiye gusubiza amaso inyuma agasubira mu byaha yahozemo mbere yo kuza mu isiganwa, ubwo aba atsinzwe irushanwa rugikubita, ariko icyampa tukazarangiza isiganwa amahoro! Imana ishimwe&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Kuba uri muri iryo siganwa , ntibikubuza kuba umukozi ahantu runaka, kuba papa cyangwa mama w'abana, guhabwa inshingano runaka kandi ukazuzuza. Icyo bigusaba ni ukwiyemeza gusa kandi ukirinda ko ibyo bindi ukora kandi bitari bibi byazabangamira iryo siganwa urimo kuko hazahembwa abarushanijwe neza! Imana itugirire neza.
Waba waratangiye iryo siganwa! Waba wararitangiye wageza hagati ukagwa mu nzira! Waba unaniwe wumva uri hafi kuva mu isiganwa! Bibwire Yesu&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Bibiliya irambwira ngo Imana niyo iha intege abananiwe , ngo nutibashije, niyo imwongerera imbaraga. Yesu adushoboze&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Iyo tuvuze Imbaraga z' Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki?</title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2243</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2243</guid>
		<dc:date>2013-05-22T19:31:09Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Ubwanditsi</dc:creator>


		<dc:subject>topNews</dc:subject>
		<dc:subject>articles</dc:subject>

		<description>Iyo tuvuze Imbaraga z' Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki? Iyo tuvuze &#8220;imbaraga&#8221;mu rurimi rw'abagiriki hakoreshwa amagambo abiri &#8220;dunamis na exousia&#8221;. 1. Exousia bivuga guhabwa ubutware cyangwa uburenganzira bwo gukora ikintu runaka. Yohani. 1:12&#8221; abamwemeye bakizera izina rye yabahaye ubushobozibwo kuba abana b'Imana 2. Dunamis bivuga ubushobozi cyangwa imbaraga cyangwa uburyo bwo gukora igikorwa kigaragaza bwa bushobozi na za mbaraga. Dutange urugero: burya umupolisi mu muhanda aba afite (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique48" rel="directory"&gt;Zisanzwe&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot2" rel="tag"&gt;topNews&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH72/arton2243-0316f.jpg&quot; width='150' height='72' style='height:72px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;Iyo tuvuze Imbaraga z' Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki?&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Iyo tuvuze &#8220;imbaraga&#8221;mu rurimi rw'abagiriki hakoreshwa amagambo abiri &#8220;dunamis na exousia&#8221;.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;1. Exousia bivuga guhabwa ubutware cyangwa uburenganzira bwo gukora ikintu runaka. Yohani. 1:12&#8221; abamwemeye bakizera izina rye yabahaye ubushobozibwo kuba abana b'Imana&lt;/p&gt; &lt;p&gt;2. Dunamis bivuga ubushobozi cyangwa imbaraga cyangwa uburyo bwo gukora igikorwa kigaragaza bwa bushobozi na za mbaraga.
Dutange urugero: burya umupolisi mu muhanda aba afite ubutware bwo guhagarika imodoka no kwaka ibyangombwa uyitwaye (Exousia), akabuhabwa na leta, ariko mu bihe bikomeye yongerwaho kwitwaza imbunda nk'ubutware buhamya ko ashobora gushyira bwa bushobozi mu bikorwa igihe icyo aricyo cyose, kandi ko adasaba kumvirwa ahubwo ko agomba kumvirwa(Dynamis)&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Itorero ririmo imbaraga z'Imana, aha ndavuga abarigize buzuye Umwuka wera, baba bafite ubushobozi bwo kuba abana b'Imana, barahawe uburenganzira bwo gukoresha izina rya Yesu mu ntambara zo mu buryo bw'umwuka za buri munsi, kandi ubwo bushobozi bukora n'ibigaragarira amaso mu ikoreshwa ry'impano zitangwa n'Umwuka wera, bakemeza Satani ko yatsinzwe.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ibyabaye ku munsi wa Pentekote twibuka ari nabyo twifuza mu matorero muri iyi minsi y'imperuka, byerekanaga imbaraga n'ibitangaza bitakorwa nundi keretse Imana gusa:
&lt;br /&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Abavuganga mu ndimi nyishi bavugaga imirimo ikomeye y'Imana bayihimbaza (2:11).
&lt;br /&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Barahamyaga - (1:8).
&lt;br /&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Byateye benshi kwibaza kubyabaye - (V. 12).
&lt;br /&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Abandi barabanegura (V. 13)&lt;/p&gt; &lt;p&gt;*Kwizihiza umunsi wa pantekote, twibuka isukwa ry'Umwuka wera, byagombye gutuma abantu benshi bahindukirira Imana bagakizwa, abenshi mu matorero bakareka ingeso mbi bakezwa, abanyetorero bagahimbaza Imana, bahuje umutima kandi bishimye.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Bamwe mu madini banga ndetse bakanazira ijambo rivuga ngo Itorero ry'Umwuka &quot;charismatic&quot; nyamara nta kindi gisobanuro gikomeye kihishe inyuma yiryo jambo, keretse kuvuga Itorero ryemera gukorerwamo n'Umwuka wera, Itorero riha umwanya Umwuka Wera ngo akore no mu minsi nkiyi ya nyuma.&lt;/p&gt; &lt;p&gt; Niba ari ibi rero amatorero yose yagombye kuba ay'Umwuka &quot;charismatic&quot; cyangwa &#8220;Pentecostal&#8221;, aha simvuga ngo yose yitwe iri zina ahubwo ndavuga ibyagombye kuranga imyumvire y'Itorero rya Kirisitu (guha ikaze Umwuka Wera), naho amazina yo buri wese yitwe uko ashaka.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;IBYO TWAKURAMO BYADUFASHA MURI IYI MINSI:&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Umwuka wera arashaka kugukoresha ngo ahindure benshi
Umwuka wera yifuza gukorera mu bakirisitu bose, ariko bamwe barabyihunza, bakiyomatanira n'ingeso zabo mbi.Ntihakagire uwishimira gusa kwitwa umukirisitu no gutunga ikarita y'umubatizo mu gihe yumva ubukirisitu bwe ari nta mbaraga bufite, ari umuntu bumuntu gusa, Umwuka wera arashaka kukugira udasanzwe.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Dushobora gushyiraho imirongo njyenderwaho y'amatorero yacu( structures), tukiga za tekiniki nshya zo kuyobora abantu(leadership), tukiga inzira zo gushaka amafaranga(fund raising), yewe n'uburyo bugezweho bw'itumanaho (ICT) cyangwa kwakira abantu(customer care), ibyo ni byiza ariko biba byiza cyane mu mashyirahamwe asanzwe, naho mu Itorero rya Kirisitu nubwo n'ibyo byose tubikeneye ariko ubwabyo nta mumaro namba bigira, iyo itorero ridakorerwamo n'Umwuka wera.Yego ibi nabyo hari igihe bishobora kugira abantu bizana mu idini runaka, ariko ntawe bijyana mu gakiza gatangwa na Yesu Kiriristu.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Dukeneye abagabo n'abagore, abakobwa n'abahungu bihebeye Imana (dedicated), bambaye ubwiza bwanduza (contagious glory), kuko muri bo imbere, mu mitima yabo bahorana ikiganiro n'Umwami wacu Yesu Kirisitu, kandi buzuye Umwuka wera.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Dukeneye abantu buzuye kuramya guhoraho, kuburyo iyo umwegeye wumva uruhutse, kuko iruhande rwabo no mu magambo yabo uhumva ihumure ry'Umwuka wera.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Bene Data, abantu batizera bakeneye kubona itandukaniro ryacu nabo, maze bikabatera gushaka Yesu.
Twibaze:
&lt;br /&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Ese kuri wowe niko bimeze, abantu bakubonamo Umwuka wera cyangwa &#8230;&#8230;..?
&lt;br /&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Abantu batangazwa n'ubuzima bwawe mu buryo bw'ubunyangamugayo bakabwifuza?
&lt;br /&gt;&lt;img src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L8xH11/puce-32883.gif&quot; width='8' height='11' class='puce' alt=&quot;-&quot; style='height:11px;width:8px;' /&gt; Haba hariho abari gukizwa kubw'Imbaraga z'Imana n'impano zayo zigukoreramo?&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Pantecote bisobanura kuza k'Umwuka wera aturuka mw'ijuru, azanywe no gutura no gukorera mu itorero rya Kirisitu riri mw'isi.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Mu gihe twizihiza umunsi wa Pentekote muze twange ibibi, twemere Yesu atwuzuze Umwuka wera maze Imana idukoreshe, duhindurire benshi kuri Yesu Kirisitu Umwami wacu. Amen&lt;/p&gt; &lt;p&gt;By Pastor Kazura JulesBagaramba&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Pantekote ivuze iki mu itorero ADEPR? - Mugabo Venuste </title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2242</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2242</guid>
		<dc:date>2013-05-21T21:14:52Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Ubwanditsi</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>Pantekote kuri twe ni umunsi mukuru cyane, dore ko itorero ryacu rya ADEPR ari ho rishingiye, bityo rero tuwufata nk`umunsi ukomeye mu buzima bwacu bwa gikristo. Gusa uyu mwaka njye na bagenzi banjye barimo Timamu Jean Baptiste, Rudahezwa, Theo, na Rushema nk`abahanzi baba muri ADEPR twari twateguye indirimbo y`umwihariko ivuga ku Mwuka Wera, kandi Imana yaradufashije byagenze neza (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2242-7bc42.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;Pantekote kuri twe ni umunsi mukuru cyane, dore ko itorero ryacu rya ADEPR ari ho rishingiye, bityo rero tuwufata nk`umunsi ukomeye mu buzima bwacu bwa gikristo.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Gusa uyu mwaka njye na bagenzi banjye barimo Timamu Jean Baptiste, Rudahezwa, Theo, na Rushema nk`abahanzi baba muri ADEPR twari twateguye indirimbo y`umwihariko ivuga ku Mwuka Wera, kandi Imana yaradufashije byagenze neza cyane.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>


<item xml:lang="en">
		<title>Icyo Pantekote imariye &#8211; Theo Bosebabireba </title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2241</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2241</guid>
		<dc:date>2013-05-21T21:05:33Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Ubwanditsi</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>Pantekote ni umunsi ukomeye cyane mu buzima bwanjye, cyane ko mu minsi yegereza Pantekote niyumvamo ishyaka ryinshi ku murimo w'Imana ndetse ngafata akanya nkanabisengera kugirango nanjye Imana inyongeremo imbaraga. Gusa Pantekote y'uyu mwaka irantangaje cyane, kuko ni ubwa mbere stade yuzura abantu bakicara no hanze ya stade. Ariko na none ngereranije n'ahandi nko mu Burundi usanga bitabira cyane kuruta mu Rwnda, ku buryo u Rwanda rutari byibuze no ku kigero cya 1/2 cyo mu Burundi. Gusa (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2241-26e5c.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;Pantekote ni umunsi ukomeye cyane mu buzima bwanjye, cyane ko mu minsi yegereza Pantekote niyumvamo ishyaka ryinshi ku murimo w'Imana ndetse ngafata akanya nkanabisengera kugirango nanjye Imana inyongeremo imbaraga.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Gusa Pantekote y'uyu mwaka irantangaje cyane, kuko ni ubwa mbere stade yuzura abantu bakicara no hanze ya stade. Ariko na none ngereranije n'ahandi nko mu Burundi usanga bitabira cyane kuruta mu Rwnda, ku buryo u Rwanda rutari byibuze no ku kigero cya 1/2 cyo mu Burundi. Gusa nanone mu Rwanda turakuze mu rwego rw'agakiza.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Umumaro wa kimwe mu icumu ku bagitanga no ku bagihabwa </title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2240</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2240</guid>
		<dc:date>2013-05-21T20:54:12Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>topNews</dc:subject>
		<dc:subject>articles</dc:subject>

		<description>Ubushakashatsi buherutse gukorwa bugaragaza abatanga umusaruro mwinshi mu madini. Muri Amerika, abatanga kimwe mu icumi bagera kuri miliyoni 10. Abo batanga imfashanyo zisaga miliyari 50 z'amadorali ku mwaka, bafasha amadini n'abatishoboye. Ubushakashatsi bwakozwe mu myaka itanu bwibanze ku bukungu, gutanga n'ibya mwuka ku bantu bagera kuri 4,413 batanga imfashanyo zingana n'(cyangwa zisaga) 10% buri mwaka. Abakoreweho ubushakashatsi bavuye muri Leta zose uko ari 50, mu matorero yose no mu (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot2" rel="tag"&gt;topNews&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2240-1064f.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Ubushakashatsi buherutse gukorwa bugaragaza abatanga umusaruro mwinshi mu madini. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Muri Amerika, abatanga kimwe mu icumi bagera kuri miliyoni 10. Abo batanga imfashanyo zisaga miliyari 50 z'amadorali ku mwaka, bafasha amadini n'abatishoboye. Ubushakashatsi bwakozwe mu myaka itanu bwibanze ku bukungu, gutanga n'ibya mwuka ku bantu bagera kuri 4,413 batanga imfashanyo zingana n'(cyangwa zisaga) 10% buri mwaka.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Abakoreweho ubushakashatsi bavuye muri Leta zose uko ari 50, mu matorero yose no mu nzego zose. Raporo yose y'ibyavuye mu bushakashatsi yiswe &quot;Ukuri 20 ku batanga kimwe mu icumi&quot; itanga amakuru y'ingenzi akubiye ku mapaji 27 ku bijyanye n'iri tsinda ry'abantu b'umumaro ku itangazamakuru, abapasiteri, itorero n'abayobozi b'imiryango idaharanira inyungu.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;N'ubwo abenshi mu batanga 10% cyangwa bisaga batifata nk'abatanga kimwe mu icumi kuko ari inyigisho yo mu Isezerano rya Kera, hashize igihe kirekire uyu muco ukomeje kugaragara ku Bakristo bafite ubushake kandi ababarirwa mu mamiliyoni baracyawukomeje kugeza ubu.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Dore iby'ingenzi mu byavuye mu bushakashatsi: &#8226; 77% by'abatanga kimwe mu icumi batanga 11%-20% (cyangwa bisaga) ku byo binjiza, bakarenza ikigero fatizo cy'10%.
&#8226; 97% babigira intego nyamukuru gutanga mu itorero ryababyaye
&#8226; 70% batanga kimwe mu icumi cy'imishahara minini aho gutanga icy'imishahara bakira mu ntoki
&#8226; 63% batangiye gutanga 10% (cyangwa bisaga) kuva mu bwana kugeza ku myaka 20 &#8226; Abatanga kimwe mu icumi bagira amadeni make ugereranije n'abandi bantu, kandi baratunze rwose kurusha Abakristo badatanga kimwe mu icumi. 80% by'abatanga kimwe mu icumi nta madeni bagira atishyuye; 74% ntibatega imodoka; 48% bafite inzu zo kubamo, naho 28% nta deni na rimwe bagira.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Igituma Abakristo badatanga kimwe mu icumi banga gufasha: &#8226;	38% bavuga ko batabivamo;
&#8226;	33% bavuga ko bafite amadeni menshi; &#8226;	18% bavuga ko abo bashakanye babyanze&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Brian Kluth washyize ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi avuga ko &quot;N'ubwo gahunda yo gutanga kimwe mu icumi imaze imyaka n'imyaniko, bake cyane ari bo babashije kumenyekanaho uyu muco wo gutanga. Ku ncuro ya rmbere, ubushakashatsi bwacu bwinjiye mu mizi y'itsinda ry'ingirakamaro ry'abatanga ibyabo mu madini. Hatabayeho gutanga n'umutima ukunze, amatorero menshi n'imiryango idaharanira inyungu yafunga imiryango.&quot;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Mu bimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, Abakristo ni bo benshi ariko imyizerere y'inzaduka ikomeje kwiyongera </title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2239</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2239</guid>
		<dc:date>2013-05-21T12:35:46Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>Abakristo basaga 60% bimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ku buryo bwemewe n'amategeko, naho abasaga 80% bimukirayo ku buryo butemewe n'amategeko. Ubushakashatsi bwakozwe n'ihuriro ryiga ku banyamadini n'ubuzima bw'abaturage muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika &#8220;The Pew Forum on Religion and Public Life&#8221; bugaragaza ko imyimukire y'Abakristo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika igenda ihindura isura. Ibyavuye mu bushakashatsi bigaragaza ko Abakristo bakomeza kuruta abandi bose bimukira muri Leta Zunze (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2239-c170e.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Abakristo basaga 60% bimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ku buryo bwemewe n'amategeko, naho abasaga 80% bimukirayo ku buryo butemewe n'amategeko. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ubushakashatsi bwakozwe n'ihuriro ryiga ku banyamadini n'ubuzima bw'abaturage muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika &#8220;The Pew Forum on Religion and Public Life&#8221; bugaragaza ko imyimukire y'Abakristo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika igenda ihindura isura. Ibyavuye mu bushakashatsi bigaragaza ko Abakristo bakomeza kuruta abandi bose bimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ku buryo bwemewe n'amategeko bashaka kwiberayo. 61% by'abasuhukiye muri Leta Zunze z'Amerika mu mwaka 2012 bari abizera.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Nyamara ibi bigaragaza ko imibare yagabanutse, kuko mu mwaka w'1992 abahawe amakarita abemerera gutura muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika azwi ku izina rya Green Card bari Abakristo. Ikigereranyo cy'imibare y'Abakristo cyavuye kuri 19% kigera kuri 25% mu gihe cy'imyaka 20 gusa. Igipimo cy'abinjira muri Amerika ku buryo bwemewe n'amategeko batagira idini cyagumye kuri 14%.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Mu gihe abimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ku buryo bwemewe n'amategeko baturuka mu bihugu byose byo hirya no hino ku isi, ubushakashatsi bwagaragaje ko abimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ku buryo butemewe n'amategeko baturuka cyane mu bihugu bya Caraibe no muri Amerika y'Epfo, abenshi muri bo (80%) bakaba ari Abakristo. Aba baruta umubare w'Abakristo bose batuye muri Leta Zunze Ubumwe zAmerika, kuko mu mwaka w'2010 bari 80%.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ikigereranyo cy'Abakristo bimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika cyakozwe hifashishijwe kwiga imibare y'ibyavuye kigo gishinzwe umutekano wa ba kavukire (Department of Homeland Security) n'amakuru yakusanijwe n'ikigo gishinzwe ubushakashatsi ku bimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika &#8220;ThePew Research Center's New Immigrant Survey&#8221; mu bushakashatsi cyakoze mu mwaka w'2003.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Hakurikijwe ibyavuye mu bushakashatsi, umubare w'abimukira muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika bahabwa ibya ngombwa by'imiturire wakomeje kwiyongera kuva mu mwaka w'1945. Bavuye kuri 250,000 ku mwaka (1950) bagera kuri miliyoni 1 ku mwaka mu myaka 20 ishize. Muri icyo gihe, Leta Zunze Ubumwe z'Amerika zemereye Abakristo bagera kuri miliyoni 12.7 kwimukirayo.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>USA: Leta ya Minnesota yatoye itegeko ryo gushyingira abahuje ibitsina, ubu ritegereje gusinywa na Guverineri </title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2238</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2238</guid>
		<dc:date>2013-05-21T09:01:24Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>Leta ya Minnesota izaba ibaye iya 12 muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika itoye itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina. Nk'uko bitangazwa n'Ikinyamakuru USA Today, Leta ya Minnesota izaba ibaye iya 12 muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika itoye itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina ubwo Guverineri Mark Dayton azaba amaze gusinya itegeko ryatowe na Sena. Iri tegeko ryatowe muri Sena ku majwi 37&#8211;30, mu gihe Guverinoma yari yaritoye ku majwi 75&#8211;59. Iri tegeko ryatowe rizemerera ababana (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2238-495a3.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;i&gt;Leta ya Minnesota izaba ibaye iya 12 muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika itoye itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina. &lt;/i&gt;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Nk'uko bitangazwa n'Ikinyamakuru USA Today, Leta ya Minnesota izaba ibaye iya 12 muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika itoye itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina ubwo Guverineri Mark Dayton azaba amaze gusinya itegeko ryatowe na Sena. Iri tegeko ryatowe muri Sena ku majwi 37&#8211;30, mu gihe Guverinoma yari yaritoye ku majwi 75&#8211;59. Iri tegeko ryatowe rizemerera ababana bahuje ibitsina gutangira gusezerana imbere y'amategeko guhera taliki 1 Kanama. Dayton yavuze ko gutora iri tegeko ari &quot;imwe mu mpinduka z'ingirakamaro ku muryango-nyamerika.&quot;&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Mu byumweru bibiri bishize, Leta ya Rhode Island yabaye iya 10 mu gutora iri tegeko, naho Delaware iba iya 11. Muri Illinois, itegeko ryo gushyingira ababana bahuje ibitsina ryatowe muri Sena ariko ritegereje gutorwa muri Guverinoma. Kugeza ubu, 18% by'igihugu cyose byifuza gushyingiranwa bititaye ku gitsina.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;ABC News yasobanuye ko uburyo iri tegeko ryatowe muri Sena ya Minnesota butandukanye n'uko ryatowe ahandi kuko yasobanuye ko rijyanye no &#8220;gushyingirwa imbere y'amategeko&#8221; byaba mu rukiko cyangwa mu gusaba no gukwa.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ku wa mbere Senateri Scott Dibble yatangarije urubuga ikinyamakuru USA Today mu nyubako ya Sena ati &#8220;Ibi bikozwe mu rwego rwo gushimangira ko amategeko yacu n'amabwiriza arebana no gushyingirwa imbere y'amategeko, no gukomeza iryo tandukaniro kugira ngo turebe ko iri tegeko ritabangamiye imyizerere n'imigenzo ya Gikristo&#8221;.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Yakomeje agira ati &#8220;Iri tegeko riremeza ibyari bisanzwe ari ukuri kandi byakomeje kugaragara ko ari ukuri, yuko amategeko arebana no gushyingirwa ari amategeko y'umuryango, atinjira mu buzima bw'abatsimbaraye ku myizerere y'amadini n'imigenzo yayo.&#8221;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>&quot;Heleluya!!! Yesu yankijije ubusambanyi&quot; - Joshua</title>
		<link>http://agakiza.org/spip.php?article2237</link>
		<guid isPermaLink="true">http://agakiza.org/spip.php?article2237</guid>
		<dc:date>2013-05-21T07:00:05Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Simeon Ngezahayo</dc:creator>


		<dc:subject>articles</dc:subject>
		<dc:subject>izindiNyandiko</dc:subject>

		<description>Maze igihe kirekire ndi Umukristo. Mu bwana bwanjye nari mfite umuriro mu itorero nasengeragamo, ariko maze kuba ingimbi ntangira gucika intege, ntangira gushidikanya no kutizera mu mutima wanjye. Nihatiye kwizera Yesu, ariko ndanga mba umuhakanyi. Natangiye gukina urusimbi no kwishora mu busambanyi, mara imyaka myinshi ndi umunyabyaha. Nahoraga mfite ubwoba, umutima waramvuyemo. Buri cyumweru najyaga gushaka indaya zo gusambanya. Nari nzi neza mu mutima wanjye ko ari bibi kandi ari (...)

-
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?rubrique100" rel="directory"&gt;Inyandiko Zabasomyi&lt;/a&gt;

/ 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot20" rel="tag"&gt;articles&lt;/a&gt;, 
&lt;a href="http://agakiza.org/spip.php?mot23" rel="tag"&gt;izindiNyandiko&lt;/a&gt;

		</description>


 <content:encoded>&lt;img class='spip_logos' alt=&quot;&quot; align=&quot;right&quot; src=&quot;http://agakiza.org/local/cache-vignettes/L150xH70/arton2237-160aa.jpg&quot; width='150' height='70' style='height:70px;width:150px;' /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;Maze igihe kirekire ndi Umukristo. Mu bwana bwanjye nari mfite umuriro mu itorero nasengeragamo, ariko maze kuba ingimbi ntangira gucika intege, ntangira gushidikanya no kutizera mu mutima wanjye. Nihatiye kwizera Yesu, ariko ndanga mba umuhakanyi.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Natangiye gukina urusimbi no kwishora mu busambanyi, mara imyaka myinshi ndi umunyabyaha. Nahoraga mfite ubwoba, umutima waramvuyemo. Buri cyumweru najyaga gushaka indaya zo gusambanya. Nari nzi neza mu mutima wanjye ko ari bibi kandi ari icyaha. Umunsi umwe incuti yanjye yansabye kuyiherekeza muri Tayilandi gusambanirayo muri weekend no gukora ibindi byaha.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Nemeye ntemeye, ariko ndanga ndagenda. Numvaga nzakodesha indaya nkayimarana iminsi ibiri, ariko mbere y'uko njya muri Tayilandi nasenze Yesu Kristo musaba ngo ampe imbaraga kandi aneshereze ibishuko binshora mu busambanyi. Tumaze kugera muri hoteli, ako kanya hahise haza umugore ushakira abakiriya indaya. Jyewe naya ncuti yanjye twakodesheje indaya y'ijoro ryose, ariko ngiye gusambana na yo numva ijwi rincumise mu mutima rimbwira riti &#8220;URAMENYE&#8221;. Ako kanya nahise menya yuko ari Umwuka Wera uvuganye nanjye. Irari ry'ubusambanyi ryahise rishirira aho. Nahise nirukana ya ndaya, ako kanya mpita numva amahoro agarutse mu mutima wanjye. Sinongeye kuremererwa n'umutwaro w'ibyaha.&lt;/p&gt; &lt;p&gt;Ndashima Yesu, icyubahiro cyose kibe icye. Yanshoboje kunesha icyaha cy'ubusambanyi. Yesu ntajya ananirwa. Ku Mana byose birashoboka. Amen.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>

</channel>

</rss>
